Abanyarwanda b’ingeri nyinshi bataniye guhaguhagurikira gukoresha ikorabuhanga hagamijwe kwiteza imbere. Ibyo byatumye bamwe bahindura imyumvire bagana amabanki, ariko kubona inguzanyo bigatinda, kandi...
Abanyarwanda bamaze gusobanukirwa bidasubirwaho n’akamaro k’ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé). N’ubwo bakomeje gutaka ko umusanzu wa Mituweri uri hejuru, barakangurirwa gukomeza...
Bivuye mu mwiherero w’abagize aho bahurira n’ubuzima uherutse kubahuza mu ntango z’ukwezi kwa Gashyantare, abangaga babujijwe gukoresha telefoni mu gihe bari mu...
Ikibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali kiyoboye ibyo muri EAC N’ubwo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba u Rwanda ruherereye mo hari ibibuga by’indege...
Mu bipimo cyasohoye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kigaragaza ko mu ntangiro z’umwaka wa 2017,...
Mu ntango z’ukwezi kwa Gashyantare 2017, Abadepite batoye itegeko rishyiraho Igiswahili nk’ururimi rwemewe mu butegetsi, kandi byari bimaze iminsi binugwanugwa. Abanyarwanda muri...
Abaturage bo mu murenge wa Kivuye biganjemo abagabo baravuga ko bahangayikishijwe n’ itegeko rishya ry’ umuryango n’ abantu , riherutse kuvugururwa rigatangazwa...
Abaturage b’umurenge wa Nyagihanga, Akarere ka Gatsibo, bakoze igikorwa cy’indashyikirwa aho bubakiye icumbi rya polisimuri uwo murenge kugirango bajye babasha gucungirwa umutekano....
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Murambi, ntibavuga rumwe n’abayobozi babo ku buryo ubutaka bwabo bwahujwe bagategekwa guhinga ibigori kandi...
Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo, Intara mu y’Iburasirazuba, buravuga ko bwafashe ingamba zikomeye zo guhangana n’abantu bagura imyaka y’abaturage rwihishwa kuko babunamaho bakabahenda...