Mu gihe kuri uyu 20 Ugushyingo 2023, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana, abana biga mu kigo cy’amashuri cya...
Kuri uyu wambere tariki 20 Ugushyingo 2023, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umwana umunsi wizihirijwe mu mujyi wa Kigali,...
Bamwe mubagize umuryango wa Sorobtimist wa Kigali banzwi ku izina abasoro,bafite intego yokuzamura abagore na bana bizihize isabukuru y’imyaka 30 bamaze. Mukayisenga...
Ubuyobozi bw’Umuryango w’Ubumwe Nyarwanda bw’Abatabona (RUB) buravuga ko hari byinshi mu bibazo bibangamira abafite ubumuga bwo kutabona, birimo ikibazo gikomeye cyo kutabona...
Startimes Rwanda yatangije shene ya televiziyo yitwa “Ganza TV” izajya yerekana filime mpuzamahanga mu rurimi rw’Ikinyarwanda ndetse n’izakinwe n’abanyarwanda hagamijwe kuvana mu...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyandikiye Uturere twose mu Rwanda, gisaba ubufatanye mu ibarura ry’imirimo n’aho ikorerwa, rizakenera urubyiruko rugera kuri 3936 muri...
Ubuyobozi bw’Urwunge rw’Amashuri rwa Camp Kigali (G.S Camp Kigali) buravuga ko nubwo muri iki kigo gutanga amasomo y’ibijyanye n’imyuga n’ubumenyingiro bigitangira muri...
Mu gihe hakomeje kugaragara ikibazo gikomeye cy’abenshi mu rubyiruko ndetse n’abakuru bakomeje kwishora mu biyobyabwenge ndetse no kunywa inzoga nyinshi ku buryo...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Munyantwari Alphonse, yamaze impungenge abamaze iminsi bahangayikishijwe n’imisifurire mu Rwanda by’umwihariko umukino wa APR FC...
Kuva mu myaka isaga mirongo itatu ishize, abanyarwanda batojwe imvugo ndetse n’ingiro yo kwishakamo ibisubizo ndetse no kugira uruhare mu bibakorerwa. Ibi...