Tariki ya tariki ya 01 Ukuboza 2017, Nsengiyumva Fulgence Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’Ubworozi yasuye Koperative ihinga umuceri mu Karere...
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita kuri Sida (ONUSIDA) rivuga ko muri 2016, abantu basaga miliyoni 1,8 bishwe na Sida kandi ko nibura umuntu...
Tariki ya 1 Ukuboza buri mwaka, ni umunsi ngarukamwaka mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya Sida. U Rwanda rwifatanije n’isi yose mu kwizihiza...
Tariki ya 27 Ugushyingo 2017, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente ari kumwe n’abandi bayobozi batandukanye basuye imishinga yo kuhira imyaka...
Kubera kutabimenya, abantu batari bake bavuga ko indwara ya diyabeti ifata abantu bakuru gusa nyamara iri iri mu moko atatu ashobora...
Inama ihuje impuguke zitandukanye mu buzima bw’umwana n’umugore ndetse n’ingimbi n’abangavu, iteraniye i Kigali mu Ubumwe Grande Hotel, bamwe mu bayigize barasanga...
Umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro (Paxpress). ku bufa bufatanye n’umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere (AJPRODHO -JIJUKIRWA), Umuryango ugamije kurengera uburenganzira bw’umugore...
Ubwo Sonia Rolland yahageraga, yacyiriwe n’Umuyobozi cy’icyo kigo, Mutzintare Damas Gisimba , abakozi bacyo ahita asura ibikorwa abana baharererwa bakora maze bamuririmbira...
Akarere ka Nyamagabe kari mu turere dufite umubare munini w’abana bagaragaragaho kugwingira. Ubuyobozi bwako, bwemeza ko hifaishishijwe amarerero ikibazo cy’abana bagwingira kigiye...
Akarere ka Gakenke ni kamwe mu turere dutanu tugize intara y’Amajyaruguru. Aka karere gafite ibigo nderabuzima 23, niko karangaje imbere y’utundi turere...