Abacuruzi bo mu santere ya Nkomero iri mu murenge wa Musasa, mu karere ka Rutsiro basabwe na Polisi kwirinda gucuruza amasashe ya...
Urubyiruko rwinshi rutinya gushaka rukeka ko kubaka urugo ari ibintu bitoroshye Umuhanga mu birebana n’ubuzima bwo mu mutwe, psychologist Theodore Robles, avuga...
Imyumvire ikiri hasi ku babyeyi bamwe na bamwe ikomeje kuba imbogamizi mu kuzamura ubuzima bw’ubwana n’ubw’abo babyeyi. Indwara ziyitutkaho, zituma abana bakura...
Polisi y’u Rwanda irakangurira abakoresha inzira nyabagendwa bose ,ni ukuvga abatwara ibinyabiziga, ababigendaho, ababigendamo, ndetse n’abanyamaguru kubahiriza amategeko y’umuhanda kugira ngo hirindwe...
Abayisiramu bagiye mu rugendo nyobokamana bazwi ku izina ry’abasangirangendo batangiye abaturage 1300 bo mu Karere ka Nyaruguru, ubwisungane mu kwivuza bwa 2017/2018,...
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba ,Munyantwari Alphonse, arasaba abaturage b’imirenge ya Busasamana na Bugeshi kujya bakemura ibibazo baba bafitanye hakiri kare kandi bakirinda gufata...
Abagore barwaye indwara yo kujojoba (fistula), bakunze kwishyira mu kato, kandi nyamara ari indwara ivurwa igakira, mu gihe igaragaye hakiri kare. Ababyara...
Mu itangazo Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara iravuga ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu...
Abashakashatsi bari mu nzira zo kuduha ikinini gishobora kugira akamaro nk’ak’imyitozo ngororamubiri ku buryo umuntu azajya akinywa kigasimbura siporo n’indi myitozo. Ikinyamakuru...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango(Migeprof),iratangaza ko mu mwaka wa 2016, abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17.500 batewe inda...