Minisiteri zitandukanye zo mu Rwanda zirimo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage (MINALOC), ishinzwe uburezi (MINEDUC), ishinzwe iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) n’ishinzwe ubuzima (MINISANTE), ziyemeje...
Ishyirahamwe ry’abarobyi bo mu karere ka Buikwe mu gihugu cya Uganda, rirashinja ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga inyamaswa (UWA) kugenda biguruntege m’ugukemura ikibazo...
Bimenyimana Jérémie Abasore n’inkumi barangije Kaminuza binubira kubura akazi, kandi hari amahirwe menshi, ariko ntibayiteho. Ubuhinzi bukozwe gihanga ni amwe muri ayo...
Abagore babyaye abana bafite ibibazo by’imyitwarire bizwi nka ‘Autisme’, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritandukanye n’abagabo babo kugera n’aho babaharika. Autisme ni uruhurirane...
Burya urubuga nkoranyambaga WhatsApp rushobora kugirira uwurukoresha ndetse n’abandi akamaro bakabyungukiramo mu gihe rukoreshejwe neza. Itsinda (INSHUTI ZA RUYENZI) rimaze imyaka itari...
Bimenyimana J. Ubuhinzi bukomeje kuba inkingi ya mwamba y’ubukungu bw’ibihugu byinshi muri Afurika. Mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, abagore bakora imirimo y’ubuhinzi...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwandaryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima bityo...
VIH ni agakoko gatera Sida, ku kandura ntibisobanura ko umuntu arwaye Sida. Urwaye ni wa wundi umubiri we uba utagifite ubudahangarwa, indwara z’ibyuririzi ...
Inama Rusange idasanzwe ya AJPRODHO JIJUKIRWA yongeye guterana ku nshuro yayo ya 26 n’abanyamuryango bayo baturutse mu ntara zose z’igihugu, aho bishimiye...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30 Werurwe, 2019 urubyiruko 280 barangije kwiga imyuga itandukanye mu kigo cya Easter’s Aid Rwanda bahawe...