Kuri uyu wa mbere muri Kigali convention center hatangirijwe imurikabikorwa ry’ibikorerwa m’ubushinwa ryitezweho guteza imbere ubuhinzi mu Rwanda. Ni imurikabikorwa ryatangijwe k’umugaragaro...
Imyaka ibaye irindwi abakoresha ikompanyi itwara abagenzi yitwa Kigali Coach bishimira serivise ibaha . Sosiyete itwara abantu, Kigali Coach imaze imyaka 7...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda y’ubwiteganyirize bw’igihe kirekire yiswe ‘Ejo Heza’ igamije kuzamura igipimo cy’ubwiteganyirize mu gihugu no kuzamura ubukungu. Ubwizigame bw’abanyarwanda...
Ubu mu Rwanda habarirwa abahanga mubyimiti igihumbi (1000) kuri uyu wagatatu bahuye nabagenzi babo baturutse ku migabane itandukanye mu nama yiminsi ibiriri....
Mu murenge wa Rukumberi, ahagana saa sita z’amanywa, abahinzi baranyuranwamo bava gusarura imyaka hafi n’igishanga cy’Akagera gikikije uyu murenge. Bafite imizigo yiganjemo...
Umuyobozi w’inama nkuru y’abafite ubumuga (NCDP); Ndayisaba Emmanuel yavuze ko hakiri ibikibangamira abantu bafite ubumuga m’ukugerwaho na serivisi zitandukanye cyane cyane m’uburezi....
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert [Meddy] wari umaze iminsi ine afunzwe kubera gufatwa atwaye imodoka yanyoye ibisindisha, yarekuwe kuri uyu wa Gatanu. Meddy...
Umusaza witwa Munyempano Dominique w’imyaka 85 y’amavuko wamenyekanye nka ’Kanyandekwe’ muri filime y’uruherekane ya ‘Seburikoko’, yemereye urukiko ko yasambanyije umwana w’imyaka irindwi...
Migisha Magnifique, umukozi wa CMA ushinzwe iyamamazabikorwa Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kugenzura isoko ry’imari n’imigabane (Capital Market Authority) CMA, bugaragaza ko bukomeje urugendo...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Davido n’umukunzi we Chioma bibarutse umwana w’imfura w’umuhungu kuri iki cyumweru tariki 20 Ukwakira 2019 mbere y’uko bakora ubukwe mu...