Buri mwaka, isi itakaza tiriyari imwe y’amadorari y’amerika mu guhangana n’ingaruka z’itabi. Triyari imwe y’amadorari ingana na miliyari 1000 z’amadorari. Ibi ni...
Nkuko ari gahunda ya Leta gushyira icyumba cy’ umukobwa ku bigo by’amashuri yisumbuye, akamaro kacyo ni ugufasha abana b’abakobwa kutagira ipfunwe muri...
Akenshi iyo urya inyama zitukura, ushobora kwibasirwa n’indwara z’umutima ariko kandi warya imbuto zitukura zikaba zawurinda kwibasirwa n’ indwara zitandukanye. Ubushakashatsi bwakozwe...
Umubiri w’umuntu ukenera vitamini zitandukanye kugirango abashe kugira imikurire myiza, kandi abe umuntu ukomeye. Niyo mpamvu rburi muntu wese ategetswe gufata izo...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu kwiga ibya microbes bwagaragaje ko bumwe mu bwanwa bubitse imyanda iruta iyo mu bwiherero. Abashakashatsi basanze ubwanwa bumwe...
Muri iyiminsi tugezemo usanga umuntu arwara indwara nawe atazi bitewe nibyo turya,dukoresha ndetse nibindi,ibi ni bimwe mu bimenyetso 10 bica amarenga ya...
Tariki ya 19 Mata 2017Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bufatanyije n’inzego z’umutekano n’abaturage, bameneye mu ruhame ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga miliyoni 25 z’amanyarwanda....
Ni umuganda wari ugamije kwerekera no gufasha abahinzi b’ibigori uburyo bwo guhashya iyi nkongwa yibasiye ibigori bahinze muri iki gihembwe cy’ihinga 2017B...
Diyabeti ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (glucose), uyirwaye akaba agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko impindura (pancreas) iba itakibasha...
Ubuzima ku isi ntibwari gushoboka iyo hatabaho uruhurirane rw’ibintu bitandukanye. Kugeza mu kinyejana cya 20, bimwe muri ibyo bintu ntibyari bizwi ibindi...