Ibi ni bimwe mubyagarutsweho n’abanyamakuru bo mu Rwanda mu kiganiro nyunguranabitekerezo cy’umunsi umwe cyateguye n’umuryango udaharanira inyungu uvuganira abatishoboye (OVPR/Observatory Vulnerable Peoples’...
Kuwa 10 Ukwakira 2025 mu nama rusange y’abatunganya ibikomoka ku mpu hizwe uburyo amashyirahamwe abiri yakwishyira hamwe , hakurikijwe amategeko kugirango uyu...
Ibi ni bimwe bitangazwa na Habyarimana Evariste, Umunyamabanga mukuru wa sendika y’abakozi bakora ubwubatsi, ububaji n’ubukorikori mu Rwanda (STECOMA), ubwo kuwa 10...
Mu Karere ka Rubavu, imirimo yo kubaka isoko rya kijyambere rya Gisenyi irakomeje, yubahiriza amahame ajyanye no kurengera ibidukikije mu rwego rwo...
Gen Maj Francis Takirwa, Umugaba wungirije w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, agaragaza ko yishimiye uburyo ingabo z’igihugu cye n’iz’u Rwanda zifatanya...
Ibi ni ibitangazwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, akaba n’Umugaba w’Ikirengga w’ingabo z’u Rwanda, ubwo kuwa 3 Ukwakira 2025 ubwo yatangaga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko gikomeje ibikorwa bigamije gukumira no kurwanya indwara y’ibisazi by’imbwa, nyuma y’uko hagaragajwe ko mu mwaka...
Mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Indwara y’Umutima mu Karere ka Rubavu, abaturage basabwe kugira umuco wo kwisuzumisha hakiri kare kugira ngo bamenye uko...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo...
Kuri uyu wa 25 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abumva ko u Rwanda rudashobora kwakira ibikorwa...