Umuryango Children’s Voice to Day, ku nkunga y’umushinga Plan International, Tariki ya 27 Mata 2017, washyikiriye amatsinda (Clubs) z’abanyeshuri mu bigo by’amashuri...
Kuri uyu wa 11/04/2017, umuyobozi w’Akarere ka Huye,Kayiranga Muzuka Eugene mu kiganiro yahaye abakozi bose bakorera ku biro by’ako karere gifite inyito...
Kuri uyu wa mbere taliki ya 28 Gashyantare, 2017, Minisitri wungirije ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi w’Ubuholandi yasuye ibikorwa bya Nyirangarama mu rwego rwo...
Ingingo ya 10 y’itegeko No 27/2016 ryo ku wa 08/07/2016 rigenga imicungire y’ umutungo w’ abashakanye ,impano n’ izungura ivuga ko “igihe...
Ikibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali kiyoboye ibyo muri EAC N’ubwo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba u Rwanda ruherereye mo hari ibibuga by’indege...
N’ubwo u Rwanda ari igihugu gito kandi kitagira aho gihurira n’inyanja kandi ntikigire umutungo kamere uhagije, kigererageza kwirwanaho gishaka uko cyakemura ibibazo...
Abahinzi b’imbuto mu Karere ka Ruhango barahamya ko bafite ikizere cy’uko mu gihe kitrambiranye ibibazo bahura nabyo bigendanye no kutagira isoko ryiza...
Nyuma y’itangazwa ry’itanga rya Kigeli V Ndahindurwa hakabanza kuba impaka z’aho agomba gutabarizwa, bikarangira hemejwe ko atabarizwa mu Rwanda, bikozwe n’urukiko ubu...
Mu murenge wa Simbi ku rwunge rw’amashuri rwa Gisakura mu karere ka Huye , hatashywe ibyumba by’amashuri bine, ndetse n’ubwiherero umunani. Umuyobozi...
Abaturage bo mu karere ka Ngororero bivuriza ku bwisungane mu kwivuza bavuga ko bahabwa serivisi mbi bakaba basaba ko byahinduka. Bimwe mubyo...