Imihigo y’umwaka w’ingengo y’imari ya 2016-2017 y’Akarere ka Gatsibo ubu igeze mu gihembwe cya 3 ishyirwa mu bikorwa dore ko igomba kuba...
Mu nama yahuje abakozi batandukanye bafite ubuzima mu nshingano zabo, ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, n’abakozi b’ikigo giharanira uburenganzira bwa muntu n’ubuzima (HDI),...
Kimwe mu bintu bikunze kugibwaho impaka ku bijyanye n’uburinganire bw’umugabo n’umugore mu bemera Bibiliya ni ukuba Eva yararemwe bivuye mu rubavu rwa...
Abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru, barasabwa gukomeza gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo bihute mu iterambere. Ibi ni bimwe mu byo basabwe mu...
Inzego zimwe z’ubuyobozi zivuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage hafashwe ingamba zo kubuza abanywi b’itabi kurinywera mu ruhame, ubirenzeho akazajya...
Abakurikirana iby’ubuzima bavuga ko icyorezo cya SIDA kigihari, bagakangurira urubyiruko n’abandi bantu gukomeza gukoresha agakingirizo ngo bayirinde banakumire ubwandu bushya. Byagarutsweho tariki...
Abadepite bagize komisiyo y’uburezi,ikoranabuhanga,umuco n’urubyiruko mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda barishimira uburyo amasomero yigisha bakuze batazi gusoma no kwandika amaze kugira umusaruro...
Ku bufatanye bwa WDA n’umujyi wa Kigali, Sendika y’abakozi bo mu bwubatsi , Ububaji n’ubukorikori ( Syndicat des travailleurs des entreprises construction,...
Mu ruzinduko yakoreye mu Karere ka Nyagatare tariki ya 13 Gashyantare 2017, Umukuru w’igihugu yagejejweho ibibazo bitandukanye Ibyo bibazo usanga bisaba kubicukumbura,...
Mu bipimo cyasohoye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kigaragaza ko mu ntangiro z’umwaka wa 2017,...