Ubwo yatangizaga ku mugaragaro Itorero ry’abagize komite nyobozi z’imidugudu,Inama Njyanama z’utugari n’imirenge, umuyobozi w’Akarere, Mupenzi Georges , yibukije aba bayobozi ko ari...
Ubwo yatangaga ikiganiro ku nshingano za Komite Nyobozi y’umudugudu, Umuyobozi w’Akarere ka Huye yasobanuye ko inshingano ya mbere y’ushinzwe umutekano mu mudugudu...
Mu Karere ka Gisagara, hakunze kuvugwa ko indwara ya malariya yahafashe icyicaro abaturage bakavuga ko yababujije amahwemo. Umwe mu baturage utuye mu ...
Ni kuri uyu wa gatatu, taliki ya 23/12/2016 ku gicamunsi muri Minisiteri y’Imali n’igenamigambi niho habereye umuhango wo gushyira umukono hagati y’ibihugu...
Mu gihe akazi kabaye gake urubyiruko rukangurirwa gushaka ibisubizo bihangira imirimo abadafite igishoro bagakangurirwa kwegera ibigo bitanga imari harimo na BDF. Uganiriye...
Inteko z’abaturage ni gahunda yashyizweho na Leta y’u Rwanda aho abaturage bahurira hamwe bagakemura bimwe mu bibazo bituma bagirana amakimbirane batuma batagirana...
Kuruyu wa Kane taliki 15/12/2016 Abagore 7 bari bafungiye muri gereza y’abagore ya Nyamagabe bazira ibyaha byo gukuramo inda no kwihekura ;...
Ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bawo, Umuryango w’urubyiruko uharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere AJPRODHO-JIJUKIRWA, wasoje gahunda y’iminsi 16 y’ubukangarambaga mu kurwanya ihohoterwsa rishingiye ku...
MTN Foundation ibinyujije mu ntumwa yayo Madamu Zulfat Mukarubega yatanze amafaranga Miliyoni 50 mu rwego rwo kunganira Leta muri gahunda zo kuzamura...
Imibare itangwa na Transparency International Rwanda (TI) yerekana ko abatanga amakuru kuri ruswa bagenda bagabanuka aho kwiyongera ngo ihashywe burundu. Byagaragarijwe mu...