Ni ku nshuro ya 13 Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK) yongeye gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri baharangije, barimo ibice bibiri aribyo abarangije icyiciro...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwujuje inyubako y’ibiro by’ako karere, ikazafasha mu mitangire myiza ya serivisi. Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert, avuga...
Mu kiganiro cyahuje urwego rw’umuvunyi n’itangazamakuru abanyamakuru bibikijwe umusanzu wabo mu gukumira no kurwanya rushwa bicishijwe mu mwuga bakora. Umuvunyi wungirije ushinzwe...
Ibi byavunzwe tariki ya 3 Ugushyingo 2016 na Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu(CNDP), Karemera Pierre , mu gikorwa cyo...
Ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’abibubmbye ryita ku Iterambere ry’abaturage (UNDP), n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR), Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) yateguye amahugurwa agenewe ...
Ikoranabuhanga ni ishingiro ry’ubumenyi bw’ikinyagihumbi Africa Smart Investment-Distribution (ASI-D) yateguye igikorwa cyo gufasha abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bari mu biruhuko...
Leta y’u Rwanda yiyemeje korohereza abafite ubumuga kubona serivise, kugira ngo nabo bafashwe kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu cyabo, ibyo bikama biri...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ishami ryo gutwara abantu n’ibintu muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Mutabazi Peterson, avuga ko mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga kubona...
Ikigo RSSB kitabiriye inama y’umuryango uhuje ibigo by’imari n’imigabane muri Afurika (ASEA) Umuryango uhuje Ibigo by’Imari n’Imigabane muri Afurika (African Securities...
U Rwanda Ruzifatanya n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanaga wo kurwanya SIDA. Uyu mwaka insanganyamatsiko yahariwe kuzirikana ku babana n’ubwandu bw’agakoko ka SIDA,...