Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO) yatoreye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana...
Kuwa 10 Ukwakira 2025 mu nama rusange y’abatunganya ibikomoka ku mpu hizwe uburyo amashyirahamwe abiri yakwishyira hamwe , hakurikijwe amategeko kugirango uyu...
Ibi ni bimwe bitangazwa na Habyarimana Evariste, Umunyamabanga mukuru wa sendika y’abakozi bakora ubwubatsi, ububaji n’ubukorikori mu Rwanda (STECOMA), ubwo kuwa 10...
Mu Karere ka Rubavu, imirimo yo kubaka isoko rya kijyambere rya Gisenyi irakomeje, yubahiriza amahame ajyanye no kurengera ibidukikije mu rwego rwo...
Ibi ni ibitangazwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, akaba n’Umugaba w’Ikirengga w’ingabo z’u Rwanda, ubwo kuwa 3 Ukwakira 2025 ubwo yatangaga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko gikomeje ibikorwa bigamije gukumira no kurwanya indwara y’ibisazi by’imbwa, nyuma y’uko hagaragajwe ko mu mwaka...
Mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Indwara y’Umutima mu Karere ka Rubavu, abaturage basabwe kugira umuco wo kwisuzumisha hakiri kare kugira ngo bamenye uko...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo...
Mu rugendo rwo kubaka igihugu gishingiye ku buringanire n’ubwuzuzanye, abari n’abategarugori b’Abanyarwandakazi bakomeje kugaragaza uruhare rukomeye mu iterambere ry’u Rwanda. Uhereye mu...
Guhera tariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025 ku nshuro ya 98 u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ,...