Muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi igamije kwihutisha iterambere, NST1, biteganyijwe ko ibicanwa bikomoka ku mashyamba bizagera kuri 42% mu 2024 bivuye...
ITANGAZO NIYITANGA Isaac mwene NSEKANABO na BAHORANINZIKA, utuye m’umudugudu wa Murutare, akagari ka Kigabiro, umurenge wa Murama, akarere ka Ngoma, mu ntara...
Ni nyuma y’uko Leta yategetse ko abana bose bazajya bafatira amafunguro ya saa sita ku ishuri, ikanashyikiriza inkunga yo guhaha yageneye iyi...
Uwitwa UWASE MUSISI mwene MUKAMANZI Donatha utuye m’umudugudu wa Nyabinombe, akagari ka Karama, umurenge wa Cyabakamyi, akarere ka Huye mu ntara y’amajyepfo...
Umuyobozi w’i shuri EPA saint Michel Rusingizandekwe Antoine atangaza ko amasomo yatangiye ku munsi wa mbere w’itangira ry’amashuri, abana bose bakaba batangiye...
Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...
Nubwo icyorezo cya covid 19 cyahungabanyije ubukungu bwose muri rusange ndetse bikagera no kubenzi b’ibinyobwa bazwi nka MADE IN Rwanda, bakomeje gukora...
Iterambere ry ‘inganda rikwiye kujyana no kubungabunga ibidukikije mu rwego rwo kugirango harengerwe ibimera ndetse n’ibinyabuzima. Niyo mpamvu umuntu ku isonga agomba...
Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Imibare y’abana baterwa inda zitateganyijwe igenda irushaho kwiyongera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi butandukanye. Yaba Leta, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’ababyeyi bahangayikishijwe n’iki...