Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Musanze ruvuga ko kuba rwaregerejwe serivisi zo gupima , gutanga udukingirizo Imiti n’ibindi ku buntu...
Akarere ka Rwamagana karasaba buri muntu ko yagira uruhare mugukumira no gutangira amakuru kugihe Kugirango ihohoterwa rikorerwa abana ba bangavu ricike. Mukarere...
Afrika y’Epfo yatangiye gukingira abana icyorezo cya Covid-19. Biri mu mugambi w’okugerageza inkingo z’igihugu cy’Ubushinwa. Urwo rukingo rw’Abashinwa Sinovac Biotech rugeragezwa ku...
Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangije ibikorwa byo kuvurira kanseri y’inkondo y’umura mu bigo nderabuzima bigize akarere ka Bugesera. Abagore bari hagati y’imyaka...
ikigo cy’Itumanaho cya Airtel Rwanda cyatangaje ko Emmanuel Hamez yagizwe Umuyobozi Mukuru asimbuye Amit Chawla uherutse kwegura ku mirimo ye. Mu 2009,...
Leta y’u Rwanda ivuga ko yiyemeje kugabanya imyuka igihugu cyohereza mu kirere ku kigero cya 38% bitarenze 2030 Ibikorwa bitandukanye bya muntu...
Abanyeshuri bo mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza n’ay’incuke, bamaze ibyumweru bibiri biga , batangiye ku wa 2 Kanama 2021 n’ igihembwe...
Abakurikiranarira hafi ibijyanye no kubungabunga ibidukikije mu Rwanda basaba ko itegeko ryo gufasha ibihugu bikennye mu guhangana n’ingaruka ziturutse ku ihindagurika ry’ikirere...
Mubuzima bwa buri munsi ikiremwa muntu gicyenera ibimera bitandukanye kugirango kibashe kubaho no kugira ubuzima buzira umuze muribyo harimo umu cyayicyayi ,umuhumuro...
Muri kigihe icyorezo cya COVID-19 cyakajije ubukana mu kwiyongera ku bwandu bushya ndetse ikaba iri kwihinduranyamo ubundi bwoko bushya bwa Virusi ,bamwe...