Kuri uyu wa kabiri taliki 16 Nyakanga 2019, Kigali mu Rwanda hateraniye inama yahuje abagera kuri 200 ku nshuro ya kabiri. Atangiza...
Bimaze kugaragara ko mu Rwanda ndetse na Afrika muri rusange umabare w’abana b’abakobwa bagana amasomo ya siyansi (Sciences), ukiri hasi ugereranyije n’abana...
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Nyakanga 2019, mu karere ka Rwamagana herekanywe umuyoboro mushya w’amazi wuzuye uzakwirakwiza amazi meza m’umurenge...
SHE (Sustainable Health Enterprises) ikigo gikorana n’amakoperative abarirwa mu bice by’icyaro m’ugukura ubudodo mu nsina bugatunganywa bukavamo udukoresho tw’isuku twitwa “go!” twifashishwa...
Abayobozi b’amwe mu makoperative mu Rwanda barishimira intambwe bagezeho ndetse n’inyungu bakuye muri Business bakora, barashimira imiyoborere myiza yashyizweho na Leta ibinyujije...
Bamwe mu bakozi ba Kigali Serena Hotel n’abari abakozi bayo bayishinja kubahemukira ikabima amasezerano nyuma yo kuyikorera igihe kirekire ikabirukana ikoresheje amayeri...
Kuri uyu wa kane tariki ya 4 nyakanga, 2019, ni umunsi w’isabukuru y’imyaka 25 U Rwanda rumaze rwibohoye, ibirori mu rwego rw’Akarere...
Umushoramari w’umunyarwanda umenyerewe mu Rwanda mu kubyaza ibihingwa umusaruro no guhanga udushya Sina Gerard benshi bazi nka Nyirangarama yatangije uburyo bushya bwo...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Nyakanga, 2019, Hotel des Mille Collines ku bufatanye n’akarere ka Nyarugenge muri gahunda ya Girinka...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Kamena, 2019 Abayobozi n’abanyeshuri b’Ishuri rya Esther’s Aid bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya...