Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gatsibo bagera kuri 70 bishimiye ubufatanye bwiza bagiranye n’Akarere mu mwaka w’ingengo y’imari 2016/2017 banishimira n’umusaruro mwiza wabonetse mu...
Mu nama yagiranye n’abamotari, igamije kurandura ibiyobyabwenge burundu muri aka karere, ACP Dismas Rutaganira ,Umuyobozi wa Polisi y’igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba, avuga...
Minisiteri y’ubutabera isobanura ko mu mushinga w’itegeko rigena ibyaha n’ibihano mu Rwanda, icyaha cyo gutera undi indwara cyongererewe ibihano ugereranyije n’uko byari...
Minisiteri y’ubuzima (Minisanté) ivuga ko y25% by’abari mu bitaro mu kwezi kwa Nzeli 2017 bari bafite indwara y’umutima naho 11% by’abaza muri...
Nyabikiri Umurenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo umaze kubakwamo amazu atanu atuyemo imiryango 20, wabaye igisubizo cya benshi. Mukanyonga Scovia,ni umwe mu...
Hakizimana felicien,Umuturage w’Umurenge wa Gitoki akagari ka Nyamirama, avuga ko ashimira inzego zitandukanye z’Igihugu imiyoborere myiza iri mu Rwanda itandukanye n’iyo yavukiyemo...
Mu nama yahuje abavuzi gakondo n’abakozi ba Minisiteri y’ubuzima bafite mu nshingano zabo Ubuvuzi gakondo, tariki ya 12 Ukwakira 2017, abavuzi gakondo...
Abavuzi gakondo bo mu Karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru, baoze igikorwo cyo gutanga ubwisungane mu kwivuza (mituweli) ku batarage batishoboye mu rwego...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare kiravuga ko imibare mishya yo muri Gashyantare 2017) y’abaturarwanda ari miliyoni 11. 560. 048. Muri aba banyarwanda, abagabo ni...
Tariki ya 9 Ukwakira 2017, wari umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana abashehe akanguhe ku isi yose. Mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ...