Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Werurwe 2017 ibiciro bikomatanyirijwe hamwe mu mijyi no mu byaro, byiyongereyeho 13,0% ugereranyije...
Abaturage bo mu murenge wa Bwira mu karere ka Ngororero mu ntara y’uburengerazuba by’umwihariko urubyiruko baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira umuriro w’amashanyarazi...
Tariki ya 4 Mata 2017, ku rwego rwa buri Murenge mu Mirenge igize Akarere ka Ruhango habaye igikorwa cy’isuzumabikorwa ku bikorwa by’abahinzi...
Umurenge wa Bwira ni umwe mu mirenge 13 igize Akarere ka Ngororero. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bwira Kavange Jean d’Amour , avuga...
Muri gahunda isanzwe ikorwa buri mwaka, Ikigo cy’imari iciririritse n’abakozi bacyo kizwi nka COOPEDU LTD, cyiftanije na bamwe mu bahoze ari abazunguzayi ...
Tariki ya 26 Werurwe 2017 mu mujyi wa Kigali habaye ,Inama y’ihuriro ry’abakomoka mu karere ka Rwamagana n’inshuti zabo. Muri iri huriro,...
Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe gahunda ya Girinka Munyarwanda cyatangijwe kuri tariki ya 22 Werurwe 2017 mu murenge wa Katabagemu, imiryango...
Icyo ni kimwe mu gitekerezo nyamukuru cyaranze igikorwa cy’abaturage ba Nyagatare aho bashyikirije ab’Akarere ka Ngoma toni 34 z’imbuto y’Ibishyimbo. Iyo mbuto...
Imiryango 100 yo mu mirenge ya Gatunda, Karama, Mimuli na Mukama yashyikirijwe inka zo kubafasha kwiteza imbere muri gahunda ya Gira Inka...
Uwahize abandi mu kugaragaza udushya imuri iri murikabikorwa, ni shuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Ruhango (VTC Ruhango). Iri shuri ry’imyuga rya Ruhango ryigaragaje...