Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...
Uruganda rwa Kitabi, ruherereye mu murenge wa Kitabi akarere ka Nyamagabe, abaturage baturanye narwo bavuga ko byatumye bahora bakora ku ifaranga. Abaturage...
MTN Foundation ibinyujije mu ntumwa yayo Madamu Zulfat Mukarubega yatanze amafaranga Miliyoni 50 mu rwego rwo kunganira Leta muri gahunda zo kuzamura...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwujuje inyubako y’ibiro by’ako karere, ikazafasha mu mitangire myiza ya serivisi. Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert, avuga...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimisagara uherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, buvuga abana ibihumbi bitatu bari munsi y’imyaka 18 batarandikishwa...
Itorero Blessing Miracle Church, rifite icyicaro gikuru cyaryo ku Muhima ahazwi ku izina rya Yamaha, rikaba rifite icyerekezo cy’iterambere rirambye mu bayoboke...
Ikinyamakuru Forbes cyashyize ahagaragara abantu bakize cyane ku mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016, aho bigaragara ko igihugu cya Nigeriya...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubushinwa Zhang Dejiang ari kumwe na Minisitiri w’Intebe Murekezi Anastase, bashyize ibuye ry’ifatizo ahazashyirwa inyubako nini izakoreramo za...
Ikigo cy’Igihugu kigenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyatangaje ko cyazamuye ibiciro byo gutwara abantu, aho mu Mujyi wa Kigali...