Abaturage bo mu Murenge wa Mukura barasaba ko bafashwa kubona ku buryo bworoshye serivisi z’ubuzima zirimo ibikorwa remezo bituma bagera kwa muganga...
Akarere ka Nyamagabe ni kamwe mu turere 8 tugize Intara y’Amajyepfo. Gakikijwe n’uturere 7, Karongi na ruhango mu majyaruguru, Nyanza na Huye...
Ibi ni ibivugwa na bamwe mu bantu bemeza ko Kompanyi zitwara abagenzi zikwiye kunoza serivisi ziha abagenzi. Bamwe bavuga ko nta waceceka...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...
Uruganda rwa Kitabi, ruherereye mu murenge wa Kitabi akarere ka Nyamagabe, abaturage baturanye narwo bavuga ko byatumye bahora bakora ku ifaranga. Abaturage...
MTN Foundation ibinyujije mu ntumwa yayo Madamu Zulfat Mukarubega yatanze amafaranga Miliyoni 50 mu rwego rwo kunganira Leta muri gahunda zo kuzamura...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwujuje inyubako y’ibiro by’ako karere, ikazafasha mu mitangire myiza ya serivisi. Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert, avuga...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimisagara uherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, buvuga abana ibihumbi bitatu bari munsi y’imyaka 18 batarandikishwa...
Itorero Blessing Miracle Church, rifite icyicaro gikuru cyaryo ku Muhima ahazwi ku izina rya Yamaha, rikaba rifite icyerekezo cy’iterambere rirambye mu bayoboke...