Ibi ni ibyagarutsweho kenshi mu nama nyunguranabitekerezo ku bufatanye na PRO-FEMME Twese Hamwe ku ngamba zigamije kongera umubare w’abagore bitabira kujya mu...
Ubusanzwe amata ni ikinyobwa gikenera isuku yihariye kurenza ibindi ndetse abanyarwanda bavuga ko bigoye kuyatokora ngo nyuma anyobwe. Uretse inenge ziboneshwa amaso...
Umuryango Children’s Voice to Day, ku nkunga y’umushinga Plan International, Tariki ya 27 Mata 2017, washyikiriye amatsinda (Clubs) z’abanyeshuri mu bigo by’amashuri...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Umwari ukwiye ntiyiyandarika. Iyo ni indirimbo y’umuhanzi w’umunyarwanda Twagirayezu Kayisani, wahanaga abakobwa b’abanyarwandakazi abasaba kutiyandarika, no guhesha ishema ababyeyi babo. Uyu munya...
Abakolonije u Rwanda baruzanye mo urusobe rw’ibintu bimwe byiza ibindi bibi, ariko kimwe mu bikomeye ni ukurutubya no kubumba imbago zarwo kandi...
Ku nshuro ya 23 hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi 1994l abanyagatsibo bibukijwe gukomeza kwitandukanya n’ingengabitekerezo ya Jenoside kugirango bakomeze biyubakire igihugu. Ibi byagarutsweho...
Nyuma y’uko intumwa za rubanda ziganiriye n’abavuga rikijyana mu karere ka Ngororero ku bibazo byugarije umuryango birimo uburaya n’ubusinzi, umuyobozi w’akarere wungirije...
Mu muhango wo gusoza icyumweru cya AERG/GAERG wabereye mu kagari ka Karama ho mu murenge wa Karangazi, Minisitiri w’umuco na sipo, Uwacu...
Muri gahunda isanzwe ikorwa buri mwaka, Ikigo cy’imari iciririritse n’abakozi bacyo kizwi nka COOPEDU LTD, cyiftanije na bamwe mu bahoze ari abazunguzayi ...