Tariki ya 9 Ukwakira 2017, wari umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana abashehe akanguhe ku isi yose. Mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ...
Aba bemeza ko ko bafite ububasha n’ubushobozi bwo kuvura indwara zananiranye mu mavuriro ya kizungu,kuko nta muti uzwi bavurisha keretse amasengesho n’imyemerere...
Abana bangwingira kubera imirire mibi, ntabwo baboneka mu turere dufite butera ahubwo biganje mu turere twera. Mu muhango wo gushyira ahagaragara indirimbo...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyeru, Akarere ka Burera, baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira amazi meza bakavoma amazi mabi nk’ayo...
Mu buyobozi bw’Ihuriro ry’abavuzi gakondo rizwi nka AGA Rwanda Network, ubu haravugwamo icyo abanyarwanda bakunze kwita indimi ebyiri zishingiye ku bwumvikane buke...
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imiyoborere myiza, Mme Musabyemariya Domithille , aributsa abaturage ko bakwiye kwita ku buzima bwabo bishyura ubwisungane mu kwivuza...
Mu bunararibnye dufite mu myaka 20 tumaze tuvura kandi dukora, ubushakashatsi, ubumenyi n’amashuri twize bituma dukora umwuga gakondo neza kandi mu mahoro...
Mu rwego rwo gushyikigira imibereho myiza, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Canada batangiye bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru...
Bamwe mu banyeshuri bo mu bigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Karere ka Nyaruguru, bavuga kobashima icyumba cy’umukobwa aho abakobwa bagirwa inama kandi...
Imirasire y’izuba itanga amashanyarazi yahawe abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Huye batari basanzwe bafite amashanyarazi mu ngo zabo. Ibi ngo bizabafasha...