Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyeru, Akarere ka Burera, baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira amazi meza bakavoma amazi mabi nk’ayo...
Mu buyobozi bw’Ihuriro ry’abavuzi gakondo rizwi nka AGA Rwanda Network, ubu haravugwamo icyo abanyarwanda bakunze kwita indimi ebyiri zishingiye ku bwumvikane buke...
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imiyoborere myiza, Mme Musabyemariya Domithille , aributsa abaturage ko bakwiye kwita ku buzima bwabo bishyura ubwisungane mu kwivuza...
Mu bunararibnye dufite mu myaka 20 tumaze tuvura kandi dukora, ubushakashatsi, ubumenyi n’amashuri twize bituma dukora umwuga gakondo neza kandi mu mahoro...
Mu rwego rwo gushyikigira imibereho myiza, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Canada batangiye bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru...
Bamwe mu banyeshuri bo mu bigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Karere ka Nyaruguru, bavuga kobashima icyumba cy’umukobwa aho abakobwa bagirwa inama kandi...
Imirasire y’izuba itanga amashanyarazi yahawe abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Huye batari basanzwe bafite amashanyarazi mu ngo zabo. Ibi ngo bizabafasha...
Bamwe mu bakristu gatolika bitabira igitambo cy’ukaristiya ku cyumweru bakubahiriza isaha, bavuga ko abahagera bakererewe babarangaza ndetse bakanabatesha gukurikira neza. Bakaba basanga...
Kuba umugore yatwita ntibivuze ko agomba kwicara gusa ntakore imyitozo ngorora mubiri siporo zifasha mu buzima busanzwe, niyo umugore atwite ziramufasha...
Ubushakashatsi bushya bwatangajwe n’abahanga mu by’ubuzima bw’umwana batangaje ko kureka umwana w’uruhinja akarira igihe bimujemo ntacyo bitwara ubuzima bwe kuko uwo mwana...