Hashize igihe kinini hatowe itegeko rishya rigenga imyubakire ihurirwa mo n’abantu benshi,bityo Leta ikaba ishishikariza abashoramari mu nyubako ndetse n’imihanda, ko bagomba...
Aka Kagari gaherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, gutwikwa ibiyobyabwenge bitandukanye, bihwanye na miliyoni 21 abaturage bakaba bemeza ko hari indiri...
Gishoma François, washinze ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu 1997, avuga ko kugeza ubu bitoroshye kumenya abahitanwa na diyabeti ku mwaka kuko hari...
Bamwe mu baturage, bo mu Murenge wa Kiziguro, Akarere ka Gatsibo baragaragaza ko ibura ry’ibicanwa ribahangayikishije bigatuma batoragura udukwi mu bihuru bakiyambaza...
Ibigo bitanga servizi zo kuboneza imbyaro bivuga ko mu bahabwa izo servisi harimo n’abakobwa batarashaka, nk’abanyeshuli n’abandi bari mu kigero cy’urubyiruko Uburyo...
Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB cyatangaje ko hashyizweho ubwishingizi bw’ibigenerwa umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara kugirango bugoboke umukozi w’umugore wafashe ikiruhuko...
Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima, Dr Diane Gashumba yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, taliki ya 16/11/2016, yatangaje ko abashyizwe mu cyiciro cya...
Ibi ni ibivugwa n’umuyobozi w’ivuriro umuco wacu rikorera i Nyabugogo kwa Mutangana, avuga ko guha umuti umurwayi nta bizamini bigaragaza uburwayi bwe...
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi ngarukamwaka mpuzamahanga wo kurwanya Diyabete uba tariki ya 14 Ugushyingo , Ishyirahamwe ry’Abarwayi ba Diyabete(ARD)...