Mu Karere ka Gisagara, hakunze kuvugwa ko indwara ya malariya yahafashe icyicaro abaturage bakavuga ko yababujije amahwemo. Umwe mu baturage utuye mu ...
Muri uyu mwaka wa 2016 hatanzwe udukingirizo tugera muri miliyoni imwe n’ibihumbi Magana inani n’umunani mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya...
Ni kuri uyu wa gatatu, taliki ya 23/12/2016 ku gicamunsi muri Minisiteri y’Imali n’igenamigambi niho habereye umuhango wo gushyira umukono hagati y’ibihugu...
Ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bawo, Umuryango w’urubyiruko uharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere AJPRODHO-JIJUKIRWA, wasoje gahunda y’iminsi 16 y’ubukangarambaga mu kurwanya ihohoterwsa rishingiye ku...
Ibi byavunzwe tariki ya 3 Ugushyingo 2016 na Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu(CNDP), Karemera Pierre , mu gikorwa cyo...
Leta y’u Rwanda yiyemeje korohereza abafite ubumuga kubona serivise, kugira ngo nabo bafashwe kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu cyabo, ibyo bikama biri...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ishami ryo gutwara abantu n’ibintu muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Mutabazi Peterson, avuga ko mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga kubona...
Ikigo RSSB kitabiriye inama y’umuryango uhuje ibigo by’imari n’imigabane muri Afurika (ASEA) Umuryango uhuje Ibigo by’Imari n’Imigabane muri Afurika (African Securities...
U Rwanda Ruzifatanya n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanaga wo kurwanya SIDA. Uyu mwaka insanganyamatsiko yahariwe kuzirikana ku babana n’ubwandu bw’agakoko ka SIDA,...
Hashize igihe kinini hatowe itegeko rishya rigenga imyubakire ihurirwa mo n’abantu benshi,bityo Leta ikaba ishishikariza abashoramari mu nyubako ndetse n’imihanda, ko bagomba...