Afurika ifite mu mateka yayo abayobozi bavuga ko bakunda imikino, ku buryo banayikina. Abazwi ni Pierre Nkurunziza wihebeye umupira w’amaguru na Idi...
Mu minsi mike mbere y’uko abanyarwnda binjira mu cyumweru cy’icyunamo, hari abantu basaga 50 bitwaje intwaro binjiriye mu gihugu cy’u Burundi ngo...
Abagabo bagera kuri bane bahagurukanye n’abandi mu rugamba rwo kubohora igihugu, ndetse aho kibohorewe bashyirwa mu buyobozi bukuru bwacyo, abandi bashyirwa mu...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye baratangaza ko bishimira gahunda yo guhinga imirima y’imboga zo mu gikoni, kuko byabaviriyemo gusezerera...
Abajyanama b’ubuzima 108 n’abaganga 20 basoje amasomo y’ururimi rw’amarenga bitezweho guha service nziza abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga Abashoje amasomo Aba...
Igikorwa cyo guhuza imihigo y’Akarere cya buri kwezi kimaze gutanga umusaruro wo kwihutisha imihigo y’Akarere kugirango yeswe neza kandi ku gihe. Uko...
Abamotari bagize koperative Mbahafi baza ku isonga ry’abatwara ibinyabiziga bya moto mu Karere ka Nyarugenge Aba bamotari bemeza ko bakorana neza...
Taliki ya 8 werurwe 2018 hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore kw’isi yose ku nshuro ya 46, mu Rwanda uyu munsi wizihijwe ku nshuro...
Ubuyobozi bw’umurenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero , buvuga ko kugirango imihigo yawo igerweho ari ngombwa ko habaho ubufatanye hagati y’ abaturage...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 werurwe, 2018 i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga yiga ku shyirwaho ry’isoko rusange ya Afrika. Ni inama...