Mu rwego rwo kwakira no gukemura ibibazo by’abaturage bafite,Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwiyemeje gusanga abaturage aho batuye kugirango bakemurirwe ibibazo bafite batagombye...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 werurwe AB Bank yizihije umunsi mpuzamahanga w’umugore isangira n’abakiriya bayo b’abagore mu rwego rwo kubashishikariza...
Mu murenge wa Kimisgara, Agace ka Nyabugogo,Umugabo Munyurangabo Jacob usanzwe ahafite inzu y’ubucuruzi yafungiwe inzu ku karengane. Ibyo byabaya mu gihe igihugu...
Mu Rwanda umuryango wita ku bafite ubumuga bwo kutabona (RUB/ Rwanda Union of the Blind) kuri uyu wa kabiri taliki 28 Gashyantare...
Abaturage bo mu murenge wa Rusenge,Akarere ka Nyaruguru, barishimira inka bahawe na Perezida wa Repubulika kuko zigiye kubafasha kwikura mu bukene. Ibi...
Ibi ni ibivugwa n’umuyango HDI (Health developpement Initiative) hagamijwe gukangurira abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza mu mirenge igize umujyi wa...
Mu kiganiro yagejeje ku bakozi b’Akarere ka Muhanga kijyanye n’ubwiyongere bw’abaturage mu hagaragajwe ko bimwe mu bipimo bigaragaza ko ntaho Igihugu cyagera...
Umuryango HDI watanze ibihembo ku banyamakuru banditse ku nkuru z’imyororokere Umuryango nyarwanda ugamije guteza imbere ubuzima(HDI- Health Development Initiative,) watanze ibihembo ku...
Mu rwego kurebera hamwe uko igihembwe cy’ihiga cya 2017 A uko cyagenze, taliki ya 1 werurwe 2017 mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka...
Abantu batandukanye bakomeje kugaragaza ibigwi byuzuye ubutwari bya Perezida Paul Kagame. Abahawe inka muri gahunda ya Girinka munyarwanda, abatejwe imbere n’ingamba mbaturabukungu...