Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimisagara uherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, buvuga abana ibihumbi bitatu bari munsi y’imyaka 18 batarandikishwa...
Umuyobozi w’ Akarere ka Nyarugenge ,Kayisime Nzaramba yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Kimisagara n’ abaturage b’ Akagari ka Katabaro muri rusange,...
Gishoma François, washinze ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu 1997, avuga ko kugeza ubu bitoroshye kumenya abahitanwa na diyabeti ku mwaka kuko hari...
Bamwe mu baturage, bo mu Murenge wa Kiziguro, Akarere ka Gatsibo baragaragaza ko ibura ry’ibicanwa ribahangayikishije bigatuma batoragura udukwi mu bihuru bakiyambaza...
Ibigo bitanga servizi zo kuboneza imbyaro bivuga ko mu bahabwa izo servisi harimo n’abakobwa batarashaka, nk’abanyeshuli n’abandi bari mu kigero cy’urubyiruko Uburyo...
Kimisagara : Abakora irondo bongerewe ubumenyi Abagize abagize irondo ry’ umwuga n’ isuku muri uyu murenge bagera ku 178 bahawe amahugurwa agamije...
Aba ni abaturage baturiye umupaka w’u Rwanda na Uganda bakangurirwa guhahirana banubaha imibibi z’ibihugu byombi. Ibi babisabwe nyuma y’inama yateranye tariki ya...
Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima, Dr Diane Gashumba yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, taliki ya 16/11/2016, yatangaje ko abashyizwe mu cyiciro cya...
Mu rwego rw’ubufatanye, ikigo Africa Smart Investment-Distribution ikwirakwiza mudasobwa zo mu bwoko bwa Positivo BGH, cyasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Akazi Kanoze Access. Akazi kanoze Access...
IBYAHA MUGESERA LEWO ASHINJWA *Icyaha cyo kuba icyitso gishingiye ku cyaha cyo gushishikariza mu ruhame kandi mu buryo butaziguye gukora icyaha cya...