Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Espérance, asaba abaturage bo mu murenge wa Rukara, Akagari ka Kawangire, kwamaganira kure ihohoterwa ryose kuko ribangamira...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Mureshyankwano Marie Rose, arahamagarira abarezi kuzamura ireme ry’uburezi no kuba intangarugero aho bari hose no muri byose. Ubwo yafunguraga...
Ubwo yatangazaga amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa Mbere, Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Isaac Munyakazi, yagaragaje ko...
Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Itorero ry’abarezi n’abarimu bo mu karere ka Nyagatare, kuri tariki ya 5Mutarama 2017 mu kigo cy’amashuri...
Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyagatare kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Kazaire Judith, yahuye n’ibyiciro bitandukanye by’abayobozi ...
Abanyarwanda baba mu Gihugu cya MALI bashyikirije mituweri abaturage 504 b’Akarere ka Ruhango batabashije kwiyishyurira umwaka wa 2016-2017. Ku rwego rw’Akarere iki...
Mu rwego rw’ubukangurambaga bujyanye no ku rwanya Sida mu Rwanda, urugaga rw’abayamakuru barwanya Sida mu Rwanda no guharanira ubuzima (ABASIRWA), rwasuye abagore...
Mu gusoza umwaka wa 2016, dutangira umwaka mushya wa 2017, Perezida Kagame yasabye abanyarwanda bose gufatanya, batanga inama aho babonye serivisi zitanoze...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiziguro, mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bavoma amazi y’ibiziba yo mu migende, abandi bakavoma mu iriba...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro Itorero ry’abagize komite nyobozi z’imidugudu,Inama Njyanama z’utugari n’imirenge, umuyobozi w’Akarere, Mupenzi Georges , yibukije aba bayobozi ko ari...