Ubwo yatangaga ikiganiro ku nshingano za Komite Nyobozi y’umudugudu, Umuyobozi w’Akarere ka Huye yasobanuye ko inshingano ya mbere y’ushinzwe umutekano mu mudugudu...
Uruganda rwa Kitabi, ruherereye mu murenge wa Kitabi akarere ka Nyamagabe, abaturage baturanye narwo bavuga ko byatumye bahora bakora ku ifaranga. Abaturage...
Mu Karere ka Gisagara, hakunze kuvugwa ko indwara ya malariya yahafashe icyicaro abaturage bakavuga ko yababujije amahwemo. Umwe mu baturage utuye mu ...
Urubyiruko rwibumbiye muri Koperative Mbahafi rusasabwa kubyaza umusaruro w’akazi karwo bakemurirana ibibazo aho kurindira ko Ubuyobozi bwarwo buza kubibakemurira. Mu biganiro yagiye ...
Muri uyu mwaka wa 2016 hatanzwe udukingirizo tugera muri miliyoni imwe n’ibihumbi Magana inani n’umunani mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya...
Ni kuri uyu wa gatatu, taliki ya 23/12/2016 ku gicamunsi muri Minisiteri y’Imali n’igenamigambi niho habereye umuhango wo gushyira umukono hagati y’ibihugu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye, buvuga ko ubwitabire bwa mituweli bumaze kugera kuri79 % kandi ubukangurambaga bukaba bugikomeje ku buryo bwifuza ko bizagera...
Mu gihe akazi kabaye gake urubyiruko rukangurirwa gushaka ibisubizo bihangira imirimo abadafite igishoro bagakangurirwa kwegera ibigo bitanga imari harimo na BDF. Uganiriye...
Inteko z’abaturage ni gahunda yashyizweho na Leta y’u Rwanda aho abaturage bahurira hamwe bagakemura bimwe mu bibazo bituma bagirana amakimbirane batuma batagirana...
Kuruyu wa Kane taliki 15/12/2016 Abagore 7 bari bafungiye muri gereza y’abagore ya Nyamagabe bazira ibyaha byo gukuramo inda no kwihekura ;...