Abajyanama b’ubuzima bo mu Murenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, bagize uruhare rukomeye mu guhindura imyumvire y’abaturage no kubafasha kurandura ikibazo cy’indwara...
Bamwe mu bari n’abategarugori bo mu Karere ka Gakenke, umurenge wa Ruli, baritinyuye bayoboka inzira y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro aho kuri ubu bakora...
Ikigo cy’amashuri cya APADERWA gikomeje gutangarirwa kubera ireme ry’uburezi gitanga n’uburyo abana bacyo bitsindira ku rwego rwo hejuru. Mu mwaka w’amashuri wa...
Nubwo Leta y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bashyize imbaraga mu guhashya indwara zititaweho uko bikwiye (NTDs), ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ku wa 16 Mutarama...
Abari n’abategarugori bakora mu kigo cyigenga gishinzwe gucunga umutekano, High Sec, baravuga ko umwuga wabo wabahinduriye ubuzima mu buryo bugaragara, ukabafasha gutera...
Kwiga imyuga n’ubumenyingiro ni imwe mu nzira zigenda zigira uruhare runini mu iterambere ry’urubyiruko no guhanga imirimo. Abanyeshuri, abarimu, n’abayobozi b’amashuri bigisha...
Ubuyobozi n’Abakozi ba Great Hotel Kiyovu ikorera mu karere ka Nyarugenge mu Kiyovu bifurije Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Ukuboza 2024, Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ku mugaragaro ko icyorezo cya Marburg Virus Disease...
Transparency International Rwanda (TI-Rwanda) yasabye buri wese bireba kugira uruhare mu gukurikirana uburyo amasoko ya Leta atangwa no gusaba amakuru ajyanye n’imikoreshereze...
Mu rwego rwo guhangana n’ubwiyongere bw’ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA mu rubyiruko, Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye n’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta...