Mu Rwanda umuryango wita ku bafite ubumuga bwo kutabona (RUB/ Rwanda Union of the Blind) kuri uyu wa kabiri taliki 28 Gashyantare...
Abaturage bo mu murenge wa Rusenge,Akarere ka Nyaruguru, barishimira inka bahawe na Perezida wa Repubulika kuko zigiye kubafasha kwikura mu bukene. Ibi...
Ibi ni ibivugwa n’umuyango HDI (Health developpement Initiative) hagamijwe gukangurira abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza mu mirenge igize umujyi wa...
Mu kiganiro yagejeje ku bakozi b’Akarere ka Muhanga kijyanye n’ubwiyongere bw’abaturage mu hagaragajwe ko bimwe mu bipimo bigaragaza ko ntaho Igihugu cyagera...
Umuryango HDI watanze ibihembo ku banyamakuru banditse ku nkuru z’imyororokere Umuryango nyarwanda ugamije guteza imbere ubuzima(HDI- Health Development Initiative,) watanze ibihembo ku...
Mu rwego kurebera hamwe uko igihembwe cy’ihiga cya 2017 A uko cyagenze, taliki ya 1 werurwe 2017 mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka...
Abantu batandukanye bakomeje kugaragaza ibigwi byuzuye ubutwari bya Perezida Paul Kagame. Abahawe inka muri gahunda ya Girinka munyarwanda, abatejwe imbere n’ingamba mbaturabukungu...
Iyo umuntu agereranyije uko abanyarwanda bari babayeho mbere y’uko Ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé), abanyarwanda bamaze kumenyera ku izina rya Mituweli,...
Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe ku muganda rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare 2017. Nk’uko bisanzwe, umunsi wa gatandatu wa nyuma wa...
Ubuyobozi bwÁkarere ka Nyaruguru barafatanya na Adenya( Association Pour le Development de Nyabimata ) binyuze gukomeza ku rwanya no gukumira ruswa hagamijwe...