Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994, kuwa kane Tariki 11 Mata,...
Sosiyete y’itumanaho mu Rwanda, Airtel Rwanda ifatanyije n’umuryango w’ababyeyi bafite abana bafite ibibazo byo mu mutwe “Autisme”, bagiye gutangira ubukangurambaga bwo kumenyekanisha...
Minisiteri zitandukanye zo mu Rwanda zirimo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage (MINALOC), ishinzwe uburezi (MINEDUC), ishinzwe iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) n’ishinzwe ubuzima (MINISANTE), ziyemeje...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30 Werurwe, 2019 urubyiruko 280 barangije kwiga imyuga itandukanye mu kigo cya Easter’s Aid Rwanda bahawe...
Kuri iki cyumweru tariki ya 24 Werurwe 2019, abagize Inama y’igihugu y’ Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu (PL), bateranye maze...
Nubwo hari byinshi bikorwa mu guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi nka kimwe mu byagirira akamaro abaturage n’igihugu muri rusange, abahinzi bakomeje kugaragaza ko...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa CP Felix Namuhoranye yavuze ko nta mugambi uriho wo kurasa abajura, abarashwe ari uruhurirane, ariko kandi...
Ibi ni byatangajwe kuri uyu kuri uyu wa kabiri tariki 12 Werurwe 2019 n’Ikigo cy’ubushakashatsi mu iterambere ry’ubukungu (EPRN), mu nama yayo...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Werurwe 2019 i kigali hatangiye amahugurwa agamije ku kwita ku buzima bwiza bw’umuntu ucyekwa cyangwa...
Umuryango uhuza ibikorwa by’amavuriro ya Kiliziya Gatolika n’amatorero yemewe na Leta mu Rwanda BUFMAR (Bureau des Formation Medicale Agree du Rwanda),uratangaza ko...