Abaturage n’abayobozi mu nzego zitandukanye bo mu Karere ka Rwamagana, bazindukiye mu myitozo ngorora-mubiri izwi ku izina rya Siporo ya bose (Sport...
Ibi ni ibyavugiwe mu nama yahuje abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri, ab’ibigo nderabuzima n’ibitaro n’abafatanyabikorwa bose mu isuku. Iyi nama yari...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gatsibo bagera kuri 70 bishimiye ubufatanye bwiza bagiranye n’Akarere mu mwaka w’ingengo y’imari 2016/2017 banishimira n’umusaruro mwiza wabonetse mu...
Mu nama yagiranye n’abamotari, igamije kurandura ibiyobyabwenge burundu muri aka karere, ACP Dismas Rutaganira ,Umuyobozi wa Polisi y’igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba, avuga...
Nyabikiri Umurenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo umaze kubakwamo amazu atanu atuyemo imiryango 20, wabaye igisubizo cya benshi. Mukanyonga Scovia,ni umwe mu...
Hakizimana felicien,Umuturage w’Umurenge wa Gitoki akagari ka Nyamirama, avuga ko ashimira inzego zitandukanye z’Igihugu imiyoborere myiza iri mu Rwanda itandukanye n’iyo yavukiyemo...
Umunsi mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa usanzwe wizihizwa tariki ya 11 Ukwakira wahujwe n’uw’umugore wo mu cyaro usanzwe wizihizwa tariki ya 15 Ukwakira hamwe...
Akarere ka Rwamagana kaje ku isonga n’amanota 82.2%, mu gihe umwaka ushize kari ku mwanya wa 19. Mbomyumuvunyi Radjabu, Mrya wa Rwamagana Ku myanya...
Tariki ya 9 Ukwakira 2017, wari umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana abashehe akanguhe ku isi yose. Mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, ...
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imiyoborere myiza, Mme Musabyemariya Domithille , aributsa abaturage ko bakwiye kwita ku buzima bwabo bishyura ubwisungane mu kwivuza...