Ubwishingizi bwa Tekana Urishingiwe Muhinzi–Mworozi bukomeje gufasha abahinzi n’aborozi mu Rwanda kwagura ibikorwa byabo binyuze mu kubona inguzanyo mu bigo by’imari. Uretse...
Mu rwego rwo kwihutisha ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu Rwanda, Leta yashyizeho amahugurwa ajyanye n’ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) agenewe abakozi bose ba...
Abanyamakuru baturutse mu bitangazamakuru bitandukanye bari guhugurwa iminsi itatu yateguwe na Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangiye ku wa Mbere tariki ya...
Impunzi z’Abanye-Congo zicumbikiwe mu nkambi zitandukanye zo mu Rwanda zakoze imyigaragambyo yo mu mahoro mu Mujyi wa Kigali, zisaba amahanga n’imiryango mpuzamahanga...
Abanyeshuri n’ubuyobozi bwa Orion School batangaje ko batangiye neza igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2025-2026, bagaragaza icyizere cyinshi cyo kuzatsinda neza amasomo...
Urugaga Nyarwanda rw’abafite Virusi itera SIDA (RRP+) ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) n’abandi bafatanyabikorwa, batangiye icyiciro cya kabiri cy’ubukangurambaga bwo...
Abiga Ururimi rw’Ikidage mu Rwanda bari basanzwe bahura n’imbogamizi zo kubona aho bakorera ibizamini byemewe ku rwego mpuzamahanga, ariko ubu byatangiye gukemurwa...
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Bernadette Arakwiye, yagaragaje ko gusazura no gusubiranya ibishanga byo mu Mujyi wa Kigali ari igikorwa gisaba uruhare rwa buri...
Ikibaya cya Kilala ni kimwe mu bice binini kandi bikurura inyamaswa nyinshi kurusha ahandi muri Pariki y’Akagera. Giherereye mu Majyaruguru bwa Pariki,...
Uturere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare, two mu Ntara y’Iburasirazuba, twahawe amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 1 mu mwaka w’ingengo y’imari wa...