Umuyobozi w’i shuri EPA saint Michel Rusingizandekwe Antoine atangaza ko amasomo yatangiye ku munsi wa mbere w’itangira ry’amashuri, abana bose bakaba batangiye...
Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Omicron bwandura vuba ariko butarembya, cyemeza...
Nubwo icyorezo cya covid 19 cyahungabanyije ubukungu bwose muri rusange ndetse bikagera no kubenzi b’ibinyobwa bazwi nka MADE IN Rwanda, bakomeje gukora...
Iterambere ry ‘inganda rikwiye kujyana no kubungabunga ibidukikije mu rwego rwo kugirango harengerwe ibimera ndetse n’ibinyabuzima. Niyo mpamvu umuntu ku isonga agomba...
Ibidukikije ni urwego rwambukiranya inzego nyinshi, kandi rugomba kwitabwaho mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, ibibazo byibasiye ibidukikije si ibya none byatangiye kera...
Covid 19 yagize ingaruka ku bikorwa byose ariko bigeze ku burezi birahuhuka dore ko hashize hafi amezi umunani ibikorwa byose by’uburezi byarahagaze,...
Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya virusi itera SIDA wizihijwe kuri uyu wa gatatu, tariki ya 1 Ukuboza mu Karere ka Nyagatare ufite insanganyamatsiko...
Ni byiza ko abantu bose bipimisha kugira ngo barebe uko ubuzima bwabo buhagaze Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima RBC kiravuga ko ubushakashatsi bwemeje...