Muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi igamije kwihutisha iterambere, NST1, biteganyijwe ko ibicanwa bikomoka ku mashyamba bizagera kuri 42% mu 2024 bivuye...
Taliki 20 /01 /2022 Abanyamakuru 60 baturutse mu binyamakuru bitandukanye mu Rwanda bakora ku nkuru zibidukikije bibumbiye mwihuriro ( REJ) bashoje amahugurwa...
Rusiga ni umwe mu Mirenge igize Akarere ka Rulindo , mu Ntara y’amajyaruguru Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rusiga Ndagijimana Forduard yabwiye ikinyamakuru...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo kurwunge rwa Mashuri rw’a Kimisagara(GS Kimisagara) bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yatumye imyigire n’imitsindire izamuka, ndetse...
I shuri ribanza rya Zuba ni shuri ryubatse na letay y’u Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu mashuri ndetse n’ingendo abana...
Ni nyuma y’uko Leta yategetse ko abana bose bazajya bafatira amafunguro ya saa sita ku ishuri, ikanashyikiriza inkunga yo guhaha yageneye iyi...
Umuyobozi w’i shuri EPA saint Michel Rusingizandekwe Antoine atangaza ko amasomo yatangiye ku munsi wa mbere w’itangira ry’amashuri, abana bose bakaba batangiye...
Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Omicron bwandura vuba ariko butarembya, cyemeza...
Nubwo icyorezo cya covid 19 cyahungabanyije ubukungu bwose muri rusange ndetse bikagera no kubenzi b’ibinyobwa bazwi nka MADE IN Rwanda, bakomeje gukora...