Abadepite bagize komisiyo y’uburezi,ikoranabuhanga,umuco n’urubyiruko mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda barishimira uburyo amasomero yigisha bakuze batazi gusoma no kwandika amaze kugira umusaruro...
Ku bufatanye bwa WDA n’umujyi wa Kigali, Sendika y’abakozi bo mu bwubatsi , Ububaji n’ubukorikori ( Syndicat des travailleurs des entreprises construction,...
Mu ruzinduko yakoreye mu Karere ka Nyagatare tariki ya 13 Gashyantare 2017, Umukuru w’igihugu yagejejweho ibibazo bitandukanye Ibyo bibazo usanga bisaba kubicukumbura,...
Mu bipimo cyasohoye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kigaragaza ko mu ntangiro z’umwaka wa 2017,...
Abaturage bo mu murenge wa Kivuye biganjemo abagabo baravuga ko bahangayikishijwe n’ itegeko rishya ry’ umuryango n’ abantu , riherutse kuvugururwa rigatangazwa...
Abaturage b’umurenge wa Nyagihanga, Akarere ka Gatsibo, bakoze igikorwa cy’indashyikirwa aho bubakiye icumbi rya polisimuri uwo murenge kugirango bajye babasha gucungirwa umutekano....
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Murambi, ntibavuga rumwe n’abayobozi babo ku buryo ubutaka bwabo bwahujwe bagategekwa guhinga ibigori kandi...
Agasimba kihariye bita akanyenyeri, gafite urugingo rwagereranywa n’itara. Urwo rugingo rutwikiriwe n’amagaragamba atuma urumuri rwako rwiyongera. “ Itara ry’agasimba bita inyenyeri” Abashakashatsi...
Ikigo cy’ubucuruzi gishinzwe ubwikorezi, RITCO (Rwanda Interlink Company Limited) cyatangiye ku mugaragaro nyuma y’amezi arindwi gikora, kuko cyatangije nyuma y’iseswa rya ONATRACOM....
Mu Murenge wa Jarama, Akarere ka Ngoma, intara y’Iburasirazuba hari abaturage batajya bajya kwa muganga mu gihe barwaye kubera kutagira Ubwisungane mu...