Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Omicron bwandura vuba ariko butarembya, cyemeza...
Nubwo icyorezo cya covid 19 cyahungabanyije ubukungu bwose muri rusange ndetse bikagera no kubenzi b’ibinyobwa bazwi nka MADE IN Rwanda, bakomeje gukora...
Iterambere ry ‘inganda rikwiye kujyana no kubungabunga ibidukikije mu rwego rwo kugirango harengerwe ibimera ndetse n’ibinyabuzima. Niyo mpamvu umuntu ku isonga agomba...
Ibidukikije ni urwego rwambukiranya inzego nyinshi, kandi rugomba kwitabwaho mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, ibibazo byibasiye ibidukikije si ibya none byatangiye kera...
Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Imibare y’abana baterwa inda zitateganyijwe igenda irushaho kwiyongera, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi butandukanye. Yaba Leta, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’ababyeyi bahangayikishijwe n’iki...
Mu gihe mu Rwanda hamenyerewe inkoni zera ziyobora abafite ubumuga bwo kutabona , kuri ubu hamaze iminsi hasohotse indi nkoni ifite udushya...
Mu gihe hamaze iminsi humvikana ikibazo cya bamwe mu bakiriya b’ibigo bicuruza utugabanyamuvuduko (speedgovernor) binubira uburyo bagenda bagwa mu bihombo biterwa n’ibihano...
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya virusi itera SIDA wizihijwe kuri uyu wa gatatu, tariki ya 1 Ukuboza mu Karere ka Nyagatare ufite insanganyamatsiko...