Nyuma y’igihe Kaminuza ya Kigali ikorera mu nzu y’inkodeshanyo kuri ubu bitarenze umwaka utaha iyi Kaminuza izaba iri gukorera mu nyubako yayo...
Indwara zitandura zikomeje kwiyongera, kubera ahanini imyitwarire y’abantu nayo igenda ihinduka. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza icyumweru cy’Ubuzima kigamije...
Musanze : Abatuye mu mudugudu w’ubumwe n’ubwiyunge ntibishishanya Biragora kwiyumvisha uburyo umuntu warokotse jenoside aturana inzu ku nzu n’uwayigizemo uruhare, bakaryama bagasinzira...
Raporo y’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (TI_Rw) iragaragaza ko mu nzego z’ibanze n’izitagenerwa ingengo y’imari, kunyereza umutungo biri hejuru. 40% by’amafaranga afitanye...
Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana bakoze igikorwa cyo kuremera bagenzi babo bo mu karere ka Kayonza imbuto y’ibishyimbo. Aba baturage bashimirwa...
Bamwe mu badepite bagize ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda basuye banaganira n’abagore bari mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi (abagore) mu...
Tariki ya 8 Werurwe 2017, mu Rwanda n’ahandi ku isi bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Muri rusange hashize imyaka irenga 40 isi...
Bamwe mu bagore batuye mu murenge wa Cyumba batangaza ko bageze ku rwego rw’iterambere,bavuga bahagurukiye ubusinzi, basigaye ari intangarugero mu kubaka umuryango,...
Nyuma y’ibikorwa byinshi bigizwe n’udushya dutandukanye, uruganda rwa Nyirangarama rukomeje gushyira ahagaragara. Kuri ubu muri uyu mwaka uru ruganda rwabazaniye akandi gashya...
Abaturage b’umurenge wa Tabagwe, Akarere ka Nyagatare , bavuga ko kugirango imihigo yawo igerweho ari ngombwa ko habaho ubufatanye hagati y’ abaturage...