Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu...
Ubuyobozi bwa Koperative Light Business burashimira akarere ka Nyarugenge , inzego z’umutekano byumihariko umurenge wa Kimisagara butibagiwe ikigo gishinzwe amakoperative (RCA)cyabafashije gukora...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Abafite ubumuga bwo kutavuga kutumva no kutabona aribwo bita ubumuga bukomatanyije barasaba Leta ko bashyirirwa ho ikiciro cyabo kihariye bakitabwaho by’umwihariko bakemurirwa...
Abaturarwanda bibukijwe ko Guma Mu Rugo ikomeje kuvugwa ahandi na bo bashobora kuyisangamo mu gihe hatabayeho kwitwararika Guverinoma y’u Rwanda itewe inkeke...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Ugushyingo 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje urupfu rw’abagabo babiri barimo uw’imyaka 45 n’uw’imyaka 50 y’amavuko bishwe...
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Twagirayezu Gaspard yasuye ishuri rya ‘Collège de Gisenyi Inyemeramihigo’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri...
Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri cya Camp Kigali avuga ko icyorezo cya coronavirus ntacyo cyahungabanije ku mubare w’abana ikigo cyagomba kwakira muri uyu mwaka....
Indwara zitandura ni kimwe mu bihangayikishije isi muri iki gihe mu ngeri zitandukanye z’abantu, muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19...
USAID Soma Umenye yageneye REB ibikoresho by’ikoranabuhanga Ibikoresho by’ikoranabuhanga byatanzwe na USAID Soma Umenye Kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Ukwakira 2020,...