Urubyiruko rwinshi rutinya gushaka rukeka ko kubaka urugo ari ibintu bitoroshye Umuhanga mu birebana n’ubuzima bwo mu mutwe, psychologist Theodore Robles, avuga...
Komisiyo y’amatora mu Rwanda, ishishikariza abanyarwanda kwitabira no gutora neza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe tariki ya 4 Kanama 2017. Ijambo gutora...
Imyumvire ikiri hasi ku babyeyi bamwe na bamwe ikomeje kuba imbogamizi mu kuzamura ubuzima bw’ubwana n’ubw’abo babyeyi. Indwara ziyitutkaho, zituma abana bakura...
Kayitasire Egide wari usanzwe ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru yeguye kuri iyi mirimo ye. Mu mpamvu yatanze ngo avuga ko ahagaritse...
Polisi y’u Rwanda irakangurira abakoresha inzira nyabagendwa bose ,ni ukuvga abatwara ibinyabiziga, ababigendaho, ababigendamo, ndetse n’abanyamaguru kubahiriza amategeko y’umuhanda kugira ngo hirindwe...
Tariki ya 22/05/2017, Mu Murenge wa Nyakariro ho mu karere ka Rwamagana habereye Umuganda udasanzwe muri gahunda y’ibikorwa bya Police Week. Uyu...
Abayisiramu bagiye mu rugendo nyobokamana bazwi ku izina ry’abasangirangendo batangiye abaturage 1300 bo mu Karere ka Nyaruguru, ubwisungane mu kwivuza bwa 2017/2018,...
Uyu munsi wiswe Family Day wabaye taliki 20 Gicurasi 2017 muri Yaya village mu nkengero z’umujyi wa Addis Ababa, uteguwe n’ihuriro ry’abanyarwanda...
Abantu benshi batekereza ko kunywa itabi bikurura indwara z’ubuhumekero na kanseri z’ibihaha, ariko ntibajya bibaza ko bishobora kubakururira n’indwara z’umutima. Itabi ni...
Mu Karere ka Nyarugenge, mu Kigo cy’Urubyiruko cya Kimisagara hakiriwe intumwa zo muri Komisiyo y’Inteko ishingamategeko y’Igihugu cya Zambia ishinzwe ubuzima, iterambere...